IBIBAZO BIKUNZE KUBAZWA BYEREKEYE KURI SERIVISI YA

IBIBAZO BIKUNZE KUBAZWA BYEREKEYE KURI SERIVISI YA LAISSEZ-PASSER
№
01
IBIBAZO
Ni ryari abantu bahabwa Laissezpasser rusange, ihabwa bande.
IBISUBIZO
Laissez-passer rusange, ihabwa Abanyarwanda bagendeye hamwe mu bikorwa bidasanzwe bajya
mu bikurikira : Burundi, DRC, Kenya, Uganda na Tanzania.
Abayisaba bagomba kuba nibura bageze kuri bane (4) kandi batarenga icumi (10).
Iyo barenze icumi bigabanyamo amatsinda. Abayisaba basabwa Ibaruwa yanditswe
n’uhagarariye abagenda ,yandikirwa Umuyobozi Mukuru w’Abinjira n’abasohoka
mu Rwanda, urutonde rw’abantu bajyanye igaragaza ibi bikurikira imyirondoro
yabo, Kitansi y’ibihumbi icumi bishyuriye hamwe muri Rwanda Revenue Authority.
Icyitonderwa : Laissez-Passer rusange (Collectif Laissez-passer) igenderwaho
rimwe ikamara iminsi ingana n’igihe abagiye bazamara mu rungendo.
02
03
04
Ufite Laissez-passer ya kera
y’igipapuro ni ngombwa ko asubira
mu nzego z’ibanze iyo ashaka
inshya y’agatabo
LP iboneka mu minsi ingahe
Gusabira ibyangombwa abana
bisaba iki
Ni ngombwa ko yongera kuzana icyemezo cy’Akagali kuko bisaba ko abanza
kwandikwa muri system nshya. Ariko amaze gufata LP y’agatabo, nirangira ntabwo
bizamusaba gusubira mu kagali mu gihe yifuza kuyihinduza.
Iboneka mu minsi itatu utabariyemo umunsi wayisabiyeho.
Mu mategeko y’u RWANDA umuntu abarwa nk’umwana iyo ari munsi y’imyaka 16
1. Iyo ababyeyi basezeranye
• Fotokopi z’indangamuntu nshya z’ababyeyi bombi hakerekanwa n’indangamuntu
z’umwimerere ;
• Amafoto abiri magufi ya vuba ,y’ibara afite inyuma h’umweru,agaragaza amatwi
yombi ;
• Icyemezo cy’amavuko cy’umwana (attestation de naissance) ;
• Kitansi ya Rwanda Revenue Authority y’amafaranga 5.000 frw;
• Ibaruwa isabira umwana isinyweho n’ababyeyi bombi ;
• Icyemezo cy’uko ababyeyi bombi bashyingiranywe (Attestation de mariage) ;
• Kuzuza form yabigenewe.
N.B:
• Umwana azana n’ababyeyi be bombi.
• Ibyemezo bivugwa haruguru bitangwa ku rwego rw’Umurenge
2. Iyo ababyeyi bombi bitabye imana
• Icyemezo cy’amavuko cy’umwana;
• Ibyemezo by’ababyeyi bitabye imana (Attestation de décès);
• Icyangombwa cy’urera umwana cyangwa cy’ikigo kimurera ;
• Amafoto abiri magufi ya vuba afite inyuma h’umweru , agaragaza amatwi yombi
;
• Kitansi ya Rwanda Revenue Authority y’amafaranga 5.000 frw ;
• Fotokopi y’indangamuntu nshya y’urera umwana, hakerekanwa na « Originale »
yayo ;
• Ibaruwa isabira umwana yanditswe n’umurera cyangwa ikigo kimurera ;
• Kuzuza form yabigenewe.
Icyitonderwa :
• Umwana azana n’umurera cyangwa uhagarariye ikigo kimurera.
• Ibyemezo bivugwa haruguru bitangwa ku rwego rw’umurenge
3. Iyo umubyeyi umwe yitabye imana:
• Icyemezo cy’amavuko cy’umwana ;
• Icyemezo cy’uko umwe mu babyeyi yitabye imana ;
• Amafoto abiri magufi ya vuba afite inyuma humweru ,agaragaza amatwi yombi ;
• Ibaruwa isaba isinyweho n’umubyeyi we yasigaranye ;
• Kitansi ya Rwanda Revenue Authority y’amafaranga 5.000 frw ;
• Kuzuza form yabigenewe.
Icyitonderwa :
• Umwana azana n’umubyeyi ukiriho
• Ibyemezo bivugwa haruguru bitangwa ku rwego rw’Umurenge
4. Iyo umwana afitwe n’ umwe mubabyeyi batandukanyijwe n’ urukiko:
• Icyemezo cy’amavuko cy’umwana ;
• Icyemezo cyangwa gatanya igaragaza imikirize y’ urubanza;
• Amafoto abiri magufi ya vuba afite inyuma humweru ,agaragaza amatwi yombi ;
• Ibaruwa isaba isinyweho n’umubyeyi we umurera;
• Kitansi ya Rwanda Revenue Authority y’amafaranga 5.000 frw ;
• Kuzuza form yabigenewe.
Icyitonderwa :
Umwana azana n’umubyeyi
5. Iyo ababyeyi batashyingiranywe:
• Icyemezo cy’amavuko cy’umwana ;
• Icyemezo cy’uko ari ingaragu/« Attestation de celibat » iyo ari nyina ; • Iyo ari
se icyemezo cy’uko amwemera/« Attestation de reconnaissance » ;
• Ibaruwa isaba isinyweho n’umubyeyi we ;
• Kitansi ya Rwanda Revenue Authority y’amafaranga 5.000 frw ;
• Kuzuza form yabigenewe.
• Amafoto abiri magufi ya vuba afite inyuma humweru ,agaragaza amatwi yombi ;
Icyitonderwa :
• Umwana azana n’umubyeyi we
• Ibyemezo bivugwa haruguru bitangwa ku rwego rw’Umurenge
05
06
07
08
Umunyarwanda
wabyaranye
n’umunyamahanga
yabona
icyangombwa cy’umwana ate
Uwataye Laisez-Passer abona indi
ate
Umwana wese wabyawe n’ababyeyi umwe ari umunyarwanda afite uburenganzira
bwo gusaba icyangombwa nk’abandi bana bose b’abanyarwanda.
Uwayitaye agaruka ku Buyobozi bukuru cyangwa mu karere yayifatiyemo,
agahabwa icyemezo cy’uko yari yarafashe Laissez-Passer akagitwara kuri Polisi
ikamuha icyemezo cy’uko yataye LP akaza akishyura 10,000Frw kuri Rwanda
Revenue akishyura n’amande angana na kimwe cya kabiri cy’ikiguzi cya LP ni
ukuvuga 5,000frw agasobanura uko yayitaye mu rwego rw Immigration
rwabigenewe,agategereza iminsi 30,kugirango ayibone.
Icyemezo cy’Akagali gisabwa ku
Umuntu agisabira mu kagali atuyemo nibura mu mezai atandatu ashize, mu gihe
muntu usaba Laissez-passer
kiri munsi y’amezi atandatu ni ngombwa ko mu mudugudu utuyemo bagusinyira
cyangwa Pasiporo agisaba he?
bemeza ko uhimukiye vuba.
Umunyarwanda
utuye
mu Asabwa:
mahanga iyo aje gusaba Laissez- -Icyangombwa cy’inzira yaziyeho mu Rwanda
Passer asabwa iki?
-Fotokopi y’ibyangombwa akoresha mur’icyo gihugu (residence permit, carte
consulaire, identity card, passport…) ;
09
10
11
12
-Indangamuntu nyarwanda
-Akazana kitansi yishyuriyeho muri RRA Frw10000 cyangwa Frw5000 ku bana bari
munsi y’imyaka 16
Ni bande basabira ibyangombwa
-Ni abanyarwanda batuye mu turere tugize Umujyi wa Kigali aritwo:Gasabo,
k’ubuyobozi Bukuru (Kacyiru)
Kicukiro na Nyarugenge,hamwe n’imirenge ibiri yo mu karere ka Rulindo ariyo
umurenge wa Ruli n’umurenge wa Masoro
Amasaha yo gusaba no gufata -Kwakira abasaba Laissez-passer bikorwa mu masaha ya mu gitondo, guhera saa
Laissez-Passer
moya (7h00) kugera saa tanu (11 :00) haba hatangwa numero na Formulaire.
-Laissez-passer zarangiye gukorwa zitangira gutangwa saa saba (13h)
Ushaka ko dosiye ye yihutishwa Abasaba ko Laissez-passer zihutirwa (urgences) basabwa kugaragaza ukuri
(urgence) asabwa iki?
kw’impamvu ituma babisaba, kandi bakagaragaza inyandiko zibigaragaza igihe
bibaye ngombwa: Abarwayi bafite « transfert » ya Muganga ; • Abakozi bagiye mu
butumwa bw’akazi ;• Abagize ibyago mu gihe bagaragaje urwandiko
rw’Umudugudu n’Akagari babarizwamo ;• Abagiye mu mahugurwa bafite
urwandiko rw’aho babarizwa ;• Abagiye mu biterane cyangwa mu mikino
ngororamubiri bafite urwandiko rwa Minisiteri ibafite mu nshingano zayo.
Impamvu zatuma umuntu atabona IMPAMVU YATUMA UWASABYE Laissez-passer atayibonera ku gihe :
Laissez-passer
Gusaba Laissez-passer no kuyihabwa kugihe n’uburenganzira bwa buri muntu;
impamvu zatuma atahabwa Laissez-passer n’izi zikurikira:
Kuba atujuje kimwe mu bisabwa byavuzwe haruguru;
Kuba hari umuziro watuma atayihabwa (kuba ufunzwe, kuba utarakatirwa
n’ibindi byatuma utemererwa gusohoka mu gihugu);
Kuba wakekwaho ubunyamahanga (bisaba kugaragaza ubwenegihugu bwawe
nyabwo).
Kuba ur’umunyamahanga (aha ningombwa gusaba ubwenegihugu kugirango
ubone passport);
Kuba hari ibyo wahinduye ku mwirondoro wawe;